Andika igitekerezo

* Ni ngombwa kuhuzuza
1000
Powered by Commentics

Ibitekerezo (4)

manzi

Ko mbona umusaza yari yariye karungu da

Mayombo

@Fidele ko utatwereka amafoto y'uruhande rw'umuhungu niba baraje muri ubu bukwe bw'umuhungu wabo?Nabo bari kuba bagaragaye mu birori niba abafite. Gusa bagize ubukwe bwiza Imana izabubakire ibahe umugisha. Gukorera Uwiteka nta gihombo, Madam Vestine azakomeze Gospel ntazajye mu bindi cyangwa ngo arangazwe n'ubutunzi yibagirwe Imana yamuzamuye ikamuha umugabo mwiza gutya kandi hari abakobwa baheze mu bukumi. URUGO RUHIRE.

mazina

Bazabyare Hungu na Kobwa.Ibintu bidushimisha cyane kurusha ibindi Imana yaduhaye,ni Ubukwe no Kubyara.Byombi ni IMPANO y'Imana.Ishaka ko Umugore n'Umugabo "baba umubiri umwe" nkuko Intangiriro 2,umurongo wa 24 havuga.Ikibabaje nuko ababyubahiriza aribo bake.Couples nyinshi zicana inyuma,bararwana,bagatandukana,ndetse bakicana.Hali n’amadini abeshya ko Imana ibemerera gushaka abagore benshi,nyamara Gutegeka kwa kabiri 17,umurongo wa 17 Imana ibitubuza.Niba dushaka kuzabaho iteka muli paradizo,Imana ibanje kutuzura ku munsi wa nyuma nkuko Yohana 6,umurongo wa 40 havuga,tugomba kumvira Imana muli byose,harimo no kubana neza akaramata n’uwo twashakanye.

Agaciro

Urugo rwiza kuri Vestine na Idrissa, bazabyare baheke, uyu mwana w'umukobwa ahesheje ababyeyi icyubahiro. Yesu mwiza abubakire rukomere.