Andika igitekerezo

* Ni ngombwa kuhuzuza
1000
Powered by Commentics

Ibitekerezo (5)

cyemayire

@ Rwanamiza,bambarize impamvu bigereranya n'Imana.Niyo yonyine Nyirubutungane kandi idashobora kwibeshya.Ibindi ni "usurpation" (kwiha ibintu bitari ibyawe).Kwigereranya n'Imana ni icyaha gikomeye kizarimbuza aba Paapa n'abayoboke babo.

Niyo mpamvu Imana idusaba "gusohoka" mu madini y'ikinyoma yose hamwe yita Babuloni Ikomeye.Ngo kugirango tutazarimbukana nayo.

Mugabo

Ni byiza rwose! Ni urugero rwiza cyane! Naho wowe wiyise Rwanamiza uvuga ngo Nyirubutungane azabyitwa ntacyo uzahinduraho, Nyirubutungane ni title y'icyubahiro nk'umuyobozi mukuru wa Kiliziya si uko ari intungane nawe ni umuntu ushobora gucumura. Uko niko kuri twemera ibindi uvuga sinzi aho ubikura. Uzajye ubanza ubaze mbere yo kuvuga ibiterekeranye.

rwanamiza

Birashimishije kubona aba Paapa babili bicaranye.Gusa mpora nibaza impamvu abayoboke babo bavuga ngo Paapa ni "Nyirubutungane" nawe akabyemera.Nyamara ijambo ry'Imana rivuga ko "nta ntungane ibaho uretse Imana yonyine".Ibyo ni icyaha cyo kwiyemera imbere y'Imana.Ikindi kibabaje,nuko bavuga ko Paapa adashobora kwibeshya (infaillible).Ibi byose bibabaza Imana,nubwo abayoboke be bumva ntacyo bitwaye "kwireshyeshya n'Imana".Niyo yonyine itunganye kandi idashobora kwibeshya.

Hugo

Ariko nkuyu wiyise Just ubwenge bwe sinkubwa Barafinda ninde wakubwiye ko nyakwigendera Padiri Obald yakizaga indwara wunvise Aho abivuga ko yasengaga Imana igakiza naho urwo rukingo rwa covid 19 niruza ntuzarwigikize nuburenganzira bwawe nabana uzabyara ntuzabakingize nizindi nkingo zirimo imbasa nizindi kuko inkingo zose ni zimwe,naho iyo uza kuba uriho mu gihe cya Yezu nàwe wari kuvuga ko akorana namadayimoni uko Niko kuri.

just

Kuba Papa yikingije mubambere , ndetse mbere ya president wubutaliyani , byongeye gutuma ntekereza deeply , ntabintu bili papa byigeze bitanga amahoro , papa afite CODE !

BANYARWANDA : SERIOULLY NGO : PADIRI OBALD YARASENGAGA AGAKIZA CONCER !!! ? OBALD AGAKIZA HIV !!! ??

koko !!! IYO OBALD YALI KUBA ABISHOBOYE !! URWANDA KOKO WA MUGANI WA BARAFINDA RWALI KUBA UMUMURWA MUKURU WISI AHO KUBA UWAFRICA

NB: Abaganga bazi neza ko , uhagalitse imiti ya Sida just 7 days unit upfa , aliko batinye kuvuga ko Ibyo Obald abeshya ko asenga SIDA IGAKIRA ALI IBINYOMA AHUBWO ATUMA ABANYWAGA IMITI BAYIREKA , !!!